Umushinga USAID IGIRE-GIMBUKA wagaragaje ibikorwa wagezeho mu gihe cy’amezi 6.
Uyu munsi tariki ya 4 Nzeri 2024, ku bufatanye na Caritas Rwanda, binyuze mu mushinga wa USAID IGIRE- GIMBUKA, habaye inama yagaragarijwemo ibikorwa by’umushinga by'amezi 6 ashize mu kurwanya no gukumira ihohoterwa rikorerwa abana. Iyi nama iba inshuro 2 mu mwaka.
Umushinga USAID IGIRE-GIMBUKA ukaba wita ku bana bafite ibyago cyo kuba bakwandura virusi itera SIDA, urubyiruko rufite ubwandu bw’agakoko gatera SIDA, abana bafite ababyeyi bakora uburaya, abana baba mu muryango ufite umuntu ufite ubwandu bw’agakoko gatera SIDA, …
Umushinga wa USAID IGIRE-GIMBUKA ukaba ufasha abawurimo ubufasha bujyanye n'imyigire harimo
N'ibindi
Muri aya mezi 6 aheruka, Madamu Aurelie NYIRANSABIMANA wari uhagarariye umushinga, yagaragaje ko IGIRE GIMBUKA yabashije kugera ku bikorwa bitandukanye harimo ibi bikurikira:
N'ibindi
USAID IGIRE-GIMBUKA ukuba uzashyirwa mu bikorwa mu gihe cy’imyaka itanu aho umaze imyaka 2 ushyirwa mu bikorwa mu karere.