Rutsiro: Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare kiri kugenzura imihigo y’Akarere 2025-2026.

Itsinda ry'abakozi b'ikigo cy'ibarurishamibare mu Rwanda bayobowe na Bwana Mudenge Modeste ryasuye Akarere mu rwego rwo kugenzura aho Akarere kageze…

Read more →

Akarere kagiye kuganira n'abaturage ku kunoza imicungire y'ikiyaga cya Kivu n'umusaruro w'amafi.

Uyu munsi tariki ya 10 Ukwakira 2024, mu cyumba cy'Inama cy'Akarere ka Rutsiro habereye inama ku bikorwa byo gukurikirana, gucunga no kugenzura…

Read more →

Rutsiro: hatangijwe ukwezi kwahariwe ibikorwa by'ubukorerabushake.

Uyu munsi tariki ya 9 Ukwakira 2024, kimwe n'ahandi mu gihugu, hatangijwe ukwezi kwahariwe ibikorwa by'ubukorerabushake hazirikanwa insanganyamatsiko…

Read more →

Abayobozi basabwe guhagarara neza mu nshingano bakibuka ko umuturage ari we Iterambere rishingiyeho.

Uyu munsi tariki ya 8 Ukwakira 2024, mu karere ka Rutsiro hakomeje gahunda igamije gukemura ibibazo by'abaturage aho Umuyobozi w'Akarere Madamu…

Read more →

Itsinda rishinzwe gukurikirana ikemurwa ry’ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage ku rwego rw’Intara ryasuye Akarere ka Rutsiro.

Uyu munsi tariki ya 7 Ukwakira 2024, Akarere ka Rutsiro kakiriye itsinda riturutse ku rwego rw'Intara y'Iburengerazuba riyobowe na Madamu Florence…

Read more →

Umunyamabanga wa Leta, Kabera Olivier, yasuye umuhanda uzava I Mushubati ukagera Nkora mu karere ka Rutsiro.

Uyu munsi tariki ya 3 Ukwakira 2024, umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo, Bwana Olivier Kabera yagiriye uruzinduko rw'Akazi mu…

Read more →

Akarere kizihije Umunsi Mpuzamahanga w'abageze mu zabukuru.

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 01 Ukwakira 2024, Akarere kifatanyije n'Igihugu mu kwizihiza ku nshuro ya 24 umunsi mpuzamahanga w'abantu bageze mu…

Read more →