Rutsiro: Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare kiri kugenzura imihigo y’Akarere 2025-2026.

Itsinda ry'abakozi b'ikigo cy'ibarurishamibare mu Rwanda bayobowe na Bwana Mudenge Modeste ryasuye Akarere mu rwego rwo kugenzura aho Akarere kageze…

Read more →

KWIBUKA 31: Guverineri Bwana Ntibitura yasabye Abanyarwanda gusubiza amaso inyuma!

Kuri uyu wa 3 Gicurasi 2025 mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Remera habereye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya…

Read more →

Rutsiro: Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu yifatanyije n’abaturage mu muganda wo kurwanya isuri.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Mata 2025, mu karere ka Rutsiro habaye Umuganda rusange ngarukakwezi usoza Mata 2025. Uyu muganda wabereye mu…
Read more →

Rutsiro: Nta mwana ukwiye kugwingira: iterambere ry’Igihugu n’abaturage.

Kuri uyu  wa 23 Mata 2025, ku biro by’Akarere ka Rutsiro, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madamu Umuganwa Marie…

Read more →

Rutsiro: Intara y’Iburengerazuba irishimira intambwe uturere tugezeho mu micungire y’imari ya Leta.

Gahunda yo kwigiranaho mu micungire y’imari ya Leta yafashije Uturere kurushaho kunoza uburyo bwo gucunga imari. Iyi gahunda iba buri mwaka, abakozi…

Read more →

KWIBUKA 31: Dushingire ku mateka twubaka ejo hazaza heza!

Kuri uyu wa 20 Mata 2025 mu murenge wa Ruhango, Akagari ka Gihira (Bitenga) habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe Abatutsi…

Read more →

Rutsiro: Akarere kakiriye ikusanyirizo ry'umusaruro w'isambaza ryitezweho kuzamura ubuziranenge.

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Mata 2025, Akarere ka Rutsiro kakiriye by’agateganyo ikusanyirizo ry’umusaruro w’amafi mato (isambaza) ukomoka mu…

Read more →